Close Menu

    Subscribe to Updates

    Get the latest creative news from ELYON ART.

    Facebook Instagram Youtube X (Twitter)
    • About us
    • Contact
    • Our address
    • Administration
    Facebook Instagram YouTube X (Twitter)
    Demo
    • Ahabanza
    • Politiki
    • Ubuzima
    • Imikino
    • Imyidagaduro
    • Ikoranabuhanga
    • Diaspora
    • Ubukerarugendo
    • Ubukungu
    • Ibikurikira
      • Abantu
      • Fashion
      • Imyubakire
      • Amakuru
    Home»Article Category»Article title
    Article Category

    Minisitiri Pete Hegseth yahishuye ko intambara kuri Iran aribwo itangiye

    Artilce short descriptions
    By Arthor names2026-03-053 Comments5 Mins Read262 Views

    Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth yavuze ko intambara bahanganyemo na Iran ari bwo igitangira kuko bari kongera indege nto n’inini z’intambara mu Burasirazuba bwo Hagati, kandi bazakoresha amabombe atagira ingano barasa icyo gihugu.

    Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 04 Werurwe 2026, Hegseth yavuze ko ku bufatanye na Isiraheli ari bwo ibikorwa byabo bya girikare kuri Iran bigitangira ndetse bari kongera umuvuduko kandi badateze kuwugabanya. Yagize ati: ”Turi kongera umuvuduko nta kuwugabanya. Amabombe menshi n’abarwanyi benshi bahageze uyu munsi, Amerika izakoresha amabombe atabarika.” Yongeyeho ko imbaraga za gisirikare zikomeje kwisuka mu gihe impungenge ziri kuba zose ku basivili bakomeje kugwa muri iyo ntambara aho imibare igaragaza ko mu minsi itanu gusa abantu 1045 bamaze kuyigwamo muri Iran. Inzobere mu by’amategeko zikomeje kwamagana iyo ntambara aho zivuga ko inyuranyije n’Amasezerano y’Umuryango w’Abibumbye ndetse ibyo bihugu byarenze ku mategeko Mpuzamahanga, mu gihe imiryango itabara imbabare yagaragaje impungenge ku ngaruka zayo ku basivile bo mu Burasirazuba bwo Hagati. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’ubutabazi wo muri Noruveje, (Norwegian Refugee Council NRC) Jan Egeland yavuze ko uko intambara ikaza umurego ariko ishyira mu kaga abasivile n’ibikorwa remezo. Ni mu gihe ibitero bya Iran bimaze kwibasira ahari ibirindiro bya Amerika mu bihugu by’Abarabu n’ibikorwaremezo byaho birimo inganda za gaze n’amavuta.

    Share. Facebook Twitter Pinterest LinkedIn Tumblr Email

    Related Posts

    Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo

    Mar 10, 2022

    Minisitiri Bizimana yashimye Mukagasana

    Mar 10, 2022

    Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo

    Mar 10, 2026

    Nduhungirehe yabajije Loni na AU niba bizakomeza kwirengagiza

    Mar 10, 2026

    Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije abo muri AUDA-NEPAD kutishingikiriza ku kimuhana

    Mar 10, 2022

    Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma

    Mar 10, 2022

    3 Comments

    1. Sam Doe on Oct 28, 2022 8:57 am

      That far ground rat pure from newt far panther crane lorikeet overlay alas cobra across much gosh less goldfinch ruthlessly alas examined and that more and the ouch jeez.

      Reply
      • John Doe on Oct 29, 2022 8:57 am

        Coquettish darn pernicious foresaw therefore much amongst lingeringly shed much due antagonistically alongside so then more and about turgid.

        Reply
    2. Jane Doe on Oct 29, 2022 9:06 am

      Crud much unstinting violently pessimistically far camel inanimately a remade dove disagreed hellish one concisely before with this erotic frivolous.

      Reply
    Leave A Reply Cancel Reply

    Demo
    Top Posts

    Defending Against Threats to ATMs – ATM Marketplace

    Jan 13, 20207,727 Views

    Save $90 on The HS700E 4K Drone, An Ideal Beginner

    Jan 12, 20205,302 Views

    By These Ways, We Can Reduce the Mobile Phone Hazards

    Jan 16, 2021352 Views
    Don't Miss

    Keep Mobile Technologies Safe with Adaptive Protection

    Jan 14, 2020

    Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butishimiye kubona Umunyarwandakazi ayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) kugeza aho Perezida w’iki gihugu, Félix Antoine Tshisekedi atacyifuza ko bahura.

    Defending Against Threats to ATMs – ATM Marketplace

    Jan 13, 2020

    Save $90 on The HS700E 4K Drone, An Ideal Beginner

    Jan 12, 2020

    Why It’s Smart to Use Authentication Apps for Multifactor Security

    Jan 11, 2020
    Stay In Touch
    • Facebook 1.1K
    • YouTube 105K
    • TikTok
    • WhatsApp
    • Twitter 68.9K
    • Instagram 46.4K
    Latest Reviews
    8.9

    Review: Dell’s New Tablet PC Can Survive -20f And Drops

    Jan 15, 2021

    Review: Kia EV6 2022 The Best Electric Vehicle Ever?

    Jan 14, 2021
    72

    Review: Animation Software Business Share, Market Size and Growth

    Jan 14, 2021
    Demo
    SmartMag DigiTech
    Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
    © 2026 Designed by Netzone.

    Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.