Close Menu

    Subscribe to Updates

    Get the latest creative news from ELYON ART.

    Facebook Instagram Youtube X (Twitter)
    • About us
    • Contact
    • Our address
    • Administration
    Facebook Instagram YouTube X (Twitter)
    Demo
    • Ahabanza
    • Politiki
    • Ubuzima
    • Imikino
    • Imyidagaduro
    • Ikoranabuhanga
    • Diaspora
    • Ubukerarugendo
    • Ubukungu
    • Ibikurikira
      • Abantu
      • Fashion
      • Imyubakire
      • Amakuru
    Home»Article Category»Article title
    Article Category

    Zimbabwe: Perezida Mnangagwa yatanze imbabazi ku mfungwa zirenga 4,000

    Artilce short descriptions
    By Arthor names2026-03-033 Comments5 Mins Read262 Views

    Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yatanze imbabazi ku mfungwa zirenga 4,000, mu rwego rwo kugabanya ubucucike muri za gereza no guha amahirwe mashya abakatiwe.

    Izi mbabazi zatangajwe muri Gashyantare, ku munsi umwe n’uwo Guverinoma yemeje impinduka zikomeye mu Itegeko Nshinga, zigamije kongera manda ya Perezida Emmerson Mnangagwa kugeza mu 2030. Mnangagwa w’imyaka 83 uyoboye iki igihugu kuva mu 2017. Minisitiri w’Ubutabera, Ziyambi Ziyambi, yatangarije i Harare ko kurekura abagenerwabikorwa 3,978 bytangiye ku mugaragaro. Yavuze ko muri rusange abantu 4,305 bazarekurwa, barimo abagore 223. Nk’uko imibare ya Leta ibigaragaza, mu gihembwe cya kabiri cya 2025, gereza za Zimbabwe zari zifite imfungwa zirenga 24,000. Iyi gahunda yibanze ku byiciro by’abantu bafite intege nke ndetse n’abagaragaje impinduka nziza mu myitwarire no mu rugendo rwo kwisubiraho. Mu barekuwe harimo Tendai Chitsika w’imyaka 23, wari wakatiwe amezi atandatu azira ubujura, akaba yari asigaje amezi abiri gusa ngo arangize igihano cye. Yatangaje ko uburambe yagiriye muri gereza bwamuhinduye, anashimira Perezida ku mahirwe ahawe yo gusubira mu buzima busanzwe. Mu gikari cya gereza nkuru ya Harare, imfungwa zari zicaye mu matsinda abiri: abari bagifite imyambaro ya gereza y’umuhondo n’iroza bari bagomba gukomeza igifungo, n’abandi bari bamaze kwambara imyambaro isanzwe, bategereje gusubira iwabo. Bamwe mu barekuwe baririmbaga indirimbo zishimagiza Perezida, zirimo amagambo “Mnangagwa huchi” asobanura ko “Mnangagwa ari nk’ubuki.” Minisitiri Ziyambi yavuze ko iyi gahunda igaragaza ubushake bwo gushyira imbere ubutabera bushingiye ku gusubiza abantu mu muryango, impuhwe z’igihugu no kugabanya umuvundo muri gereza. Icyakora, imbabazi ntizireba abakatiwe ibyaha bikomeye birimo ubwicanyi, ubujura bukoreshejwe intwaro, gufata ku ngufu cyangwa kurenga ku itegeko rijyanye no kubungabunga ituze n’umutekano,itegeko ryakunze gukoreshwa mu bihe byashize ku batavuga rumwe n’ubutegetsi. Kuva umwaka ushize, Zimbabwe iri mu bihe by’impagarara za politiki, aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi n’imiryango itandukanye banenga impinduka z’Itegeko Nshinga zivugwaho gushyigikira ishyaka riri ku butegetsi, ZANU-PF. Izo mpinduka ziteganya kongera manda ya Perezida ikava ku myaka itanu ikagera ku irindwi no guha Inteko Ishinga Amategeko ububasha bwo gutora Perezida, bikavugwa ko byakuraho amatora rusange ya Perezida. Izi ngingo ziracyategereje kwemezwa burundu n’Inteko Ishinga Amategeko.

    Share. Facebook Twitter Pinterest LinkedIn Tumblr Email

    Related Posts

    Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo

    Mar 10, 2022

    Minisitiri Bizimana yashimye Mukagasana

    Mar 10, 2022

    Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo

    Mar 10, 2026

    Nduhungirehe yabajije Loni na AU niba bizakomeza kwirengagiza

    Mar 10, 2026

    Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije abo muri AUDA-NEPAD kutishingikiriza ku kimuhana

    Mar 10, 2022

    Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma

    Mar 10, 2022

    3 Comments

    1. Sam Doe on Oct 28, 2022 8:57 am

      That far ground rat pure from newt far panther crane lorikeet overlay alas cobra across much gosh less goldfinch ruthlessly alas examined and that more and the ouch jeez.

      Reply
      • John Doe on Oct 29, 2022 8:57 am

        Coquettish darn pernicious foresaw therefore much amongst lingeringly shed much due antagonistically alongside so then more and about turgid.

        Reply
    2. Jane Doe on Oct 29, 2022 9:06 am

      Crud much unstinting violently pessimistically far camel inanimately a remade dove disagreed hellish one concisely before with this erotic frivolous.

      Reply
    Leave A Reply Cancel Reply

    Demo
    Top Posts

    Defending Against Threats to ATMs – ATM Marketplace

    Jan 13, 20207,727 Views

    Save $90 on The HS700E 4K Drone, An Ideal Beginner

    Jan 12, 20205,302 Views

    By These Ways, We Can Reduce the Mobile Phone Hazards

    Jan 16, 2021352 Views
    Don't Miss

    Keep Mobile Technologies Safe with Adaptive Protection

    Jan 14, 2020

    Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butishimiye kubona Umunyarwandakazi ayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) kugeza aho Perezida w’iki gihugu, Félix Antoine Tshisekedi atacyifuza ko bahura.

    Defending Against Threats to ATMs – ATM Marketplace

    Jan 13, 2020

    Save $90 on The HS700E 4K Drone, An Ideal Beginner

    Jan 12, 2020

    Why It’s Smart to Use Authentication Apps for Multifactor Security

    Jan 11, 2020
    Stay In Touch
    • Facebook 1.1K
    • YouTube 105K
    • TikTok
    • WhatsApp
    • Twitter 68.9K
    • Instagram 46.4K
    Latest Reviews
    8.9

    Review: Dell’s New Tablet PC Can Survive -20f And Drops

    Jan 15, 2021

    Review: Kia EV6 2022 The Best Electric Vehicle Ever?

    Jan 14, 2021
    72

    Review: Animation Software Business Share, Market Size and Growth

    Jan 14, 2021
    Demo
    SmartMag DigiTech
    Facebook X (Twitter) Instagram YouTube
    © 2026 Designed by Netzone.

    Type above and press Enter to search. Press Esc to cancel.